Muri videwo nshya yasohotse, umuhanzi Kizito Mihigo watangajwe ku itariki ya 17/2/2020 ko yapfiriye muri kasho ya polisi, avuga ko yashakaga guhunga kubera yumvaga nta mutekano afite mu Rwanda.
Uwiganye na Kizito Mihigo mu iseminari nto ya Karubanda mu majyepfo y'u Rwanda, avuga ko "yari umuntu w'imico myiza ariko ntabwo yakundaga umuntu umuvugiramo". Sibomana Jean de Dieu atanga urugero ...