Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu mu burengerazuba bw'u Rwanda, rwaraye ruhanishije Innocent Kayumba wahoze ari umuyobozi wa gereza ya Rubavu igifungo cy’imyaka 15 kubera uruhare rwamuhamije mu mpfu ...
Uwitwa Uwayezu Augustin wari wungirije umuyobozi wa gereza ya Rubavu yahakanye uruhare mu kwica abanyururu ku bushake ndetse no kubakorera iyicarubozo . Uwayezu yavuze ko ibyaha ashinjwa kimwe na ...